Abayobozi bakomeye bo ku Isi bishimiye intsinzi ya perezida mushya w’Amerika Joe Biden
Nyuma yo kumenyekana kw’intsinzi ya Biden, ibyishimo byatashye mu mitima ya benshi bari bamushyigikiye, ndetse n’abari barambiwe Trump ku bw’impamvu zitandukanye, baba abo muri Amerika n’ahandi ku Isi.
Abayobozi batandukanye bo mu bihugu byo hirya no hino ku Isi, na bo harimo abatacecetse ahubwo bihutiye kugaragaza ibyiyumviro byabo, ku ntsinzi!-->!-->!-->…
Soma Birambuye...