U Rwanda rwifatanyije n’U Burundi kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Biruta Vincent, yitabiriye ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge yakirwa na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye.
Dr. Biruta yamushyikirije ubutumwa bwihariye bwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, uri mu Bakuru b’Ibihugu…
Soma Birambuye...