Ntabwo byakunze kandi n’ibindi bihe ntabwo bizaborohera- Perezida Kagame
Perezida Kagame, yavuze ko mu gihe u Rwanda rwari rwakiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza hari benshi bifuje guhungabanya umutekano ariko ntibyabashobokera.
Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda rutigeze ruhuga kubera iriya nama ngo rwibagiwe iby’umutekano w’Igihugu…
Soma Birambuye...