Umunyamideri kazi yatangaje uburyo igitsina cye cyamugize umuherwe kazi [REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 23/06/2018
  • Hashize 6 years
Image

Umunyakenyakazi, Huddah Monroe uzwi cyane mu mwuga wo kumurika imideli yemeza ko gucuruza igitsina cye byatumye atera imbere kuko nk’imitungo afite yose ayicyesha uburanga bwe ndetse n’igitsina cye nk’uko yabitangarije Times FM.

Uyu mukobwa ni umwe mu bakunze gushyira hanze amafoto ararura abagabo ndetse uyu mukobwa akaba akunze kuvugwaho n’ubusambanyi cyane,kuri ubu uyu mukobwa akaba avuga ko gukoresha umubiri we muri ubu buryo bisigaye bimwinjiriza agatubutse.

Huddah aganira na Times FM yahishuye ko imodoka atunze n’indi mitungo yose afite, ayikesha igitsina cye.

Huddah yagize ati “Ubu ndatwara imodoka ihenze, igitsina cyanjye nicyo cyanzamuye, …”.

Huddah yagaragaye i Kigali ku italiki ya 26 Ukuboza 2015, mu gitaramo gihuza abambaye imituku “Red Avenue” cyaje kurangira atishimiye kuko polisi y’u Rwanda yagihagaritse kirimbanyije mu masaha y’ijoro.







Uyu mukobwa ajya agirana ibihe byiza n’ibyamamare bitandukanye

Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 23/06/2018
  • Hashize 6 years