Polisi yafashe 14 barimugikorwa cy’ubusambanyi [Amafoto]

  • admin
  • 10/02/2018
  • Hashize 6 years

Mu muminsi 2 ishize, mu Gihugu cya Mali Polisi yafashe abasore 14 bari,mu gikorwa cy’urukozasoni muri abo bafashwe hagaragayemo abakwirakwije amashusho y’urukozasoni bafata abakobwa ku ngufu n’abandi bafashwe basambanya abana batujuje imyaka y’ubukure.

Inkuru dukesha ikinyamakuru bamada.net cyo muri Mali ivuga ko Mugikorwa cyambere cya garagayemo ‘Umukobwa ukiri muto yafashwe n’abasore kungufu ,icyo gikorwa cyafashwe mumashyo cya kwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga , ibyo byatumye abantu benshi cyane bajya mu mihanda bafatanyije n’imiryango irenga 10 irengera ikiremwa muntu. Bajya mu mihanda basaba ko abo babisha bafatwa kandi bagahanwa, muri abo harimo n’umwangavu w’imyaka 16 wari mugikorwa cya kabiri noneho cyo cyabereye mumurwa mukuru I Bamako mu gace kitwa Hippodrome hafashwe abantu 3.


Bamwe mu bahohoteye Abana barangiza bakabishyira ku mbuga nkoranya mbaga

Polisi ubwo yari mu rindi perereza ry’umusaza w’imyaka 75 wasambanyije akana gato kagakobwa n’abandi 6 harimo umukobwa w’imyaka 16 bafashwe kuwa 08/02/2018 kubera igikorwa cyo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.

Imiryango 13 ifatanyije n’ibigo byo mu gihugu cya Mali byasabiye ababanyamahano ibihano by’intangatugero mu riyo harimo Umuryango uharanira kurinda uburenganzira bw’amuntu muri Mali witwa (AMDH).


Umuyobozi w’uyumuryango Me Moctar

Umuyobozi w’uyumuryango Me Moctar Mariko yagize ati”Gukurikiza itegeko ku cyaha cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina birakenewe muri Mali” Umuyobozi w’uyumuryango Akomeza avuga ko Hashize Imyaka irenga ibiri iryo tegeko rikiri mumishinga yo gutorwa ariko nta kirakorwa ngo iryo tegeko ritorwe ?


Imiryango yabafite abana ba hohotewe ndetse n’abandi byababaje


Yanditwe na Bakunzi Emile Muhabura.rw

  • admin
  • 10/02/2018
  • Hashize 6 years