Mu rwego rwo kurangiza urubanza R.COMA00367/2017/CHC/HCC,umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko kuwa Gatanu tariki ya 20/12/2019 saa munani(14:00) z’amanywa azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Kamanzi David,ufite UPI:5/02/03/11/1186 uherereye mu kagari ka Rwisirabo,Umurenge wa Karangazi,akarere ka Nyagatare intara y’Iburasirazuba kugira ngo harangizwe icyemezo cyafashwe mu rubanza rwavuzwe haruguru.
Abifuza ibindi bisobanuro yabariza kuri Tel:0788549040
Bikorewe i Kigali kuwa 10/12/2019
Umuhesha w’inkiko w’umwuga
Me Rugabira Patrick
MUHABURA.RW