Menya byinshi Amasohoro yongera ibyishimo kubagore!
- 20/04/2016
- Hashize 8 years
foto internet
Nk’uko 7sur7 dukesha aya makuru ibitangaza, aba bashakashatsi berekanye ko abagore bakorana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’abagabo babo cyane bibarinda guhangayika ku buryo bwinshi kurusha abandi.
Ubu bushakashatsi bwerekanye ko abagore baryamana n’abo bahuje ibitsina cyangwa abaryamana n’abagabo mu gihe runaka kandi bakoresheje agakingirizo, bahora bahangayitse, badafite amahoro kurusha abaryamana n’abagabo gusa
Ubu bushakashatsi kandi bwerekana ko guhorana umunezero bitava gusa ku kuba ukora imibonano mpuzabitsina ko ahubwo bituruka ku ngano y’amasohoro agera mu mubiri w’umugore.
Gusa ibi ni ibyo kwitondera. Mbere yo gukorana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’umuntu uwo ariwe wese, ugomba kubanza kumenya ko atanduye virusi itera SIDA cyangwa se indi ndwara iyo ariyo yose yandurira mu mibonano mpuzabitsina.
KANDA HANO USOME INDI NKURU BIFITANYE ISANO ARIKO KUBAGABO
http://www.muhabura.rw/amakuru/ubuzima/article/ninshuro-zingahe-umugabo-ashobora-kurangiza-mu-kwezi
Yanditswe na Sarongo Richard/Muhabura.rw