LIVE: Kurikira umuhango wo kurahira kwa Perezida Kagame mu birori bidasanzwe kuri Stade Amahoro

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 11/08/2024
  • Hashize 1 month
Image

Ibihumbi by’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda, bateraniye muri Stade Amahoro mu muhango ukomeye wo kwakira indahiro ya Perezida Paul Kagame muri manda ye nshya y’imyaka itanu izarangira mu 2029.

Ni umuhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma baturutse mu bice bitandukanye bya Afurika. Abenshi bamaze kugera mu Rwanda mu gihe abandi bakomeje kuhagera mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru.

Byitezwe ko abakuru b’ibihugu 22, ba Visi Perezida bane, ba Minisitiri w’Intebe babiri, abayobozi b’Inteko zishinga Amategeko babiri, batanu bayobora imiryango mpuzamahanga, batatu bahoze ari abakuru b’ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye ni bo bitezwe muri uyu muhango.

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 11/08/2024
  • Hashize 1 month