Kimironko : Urupangu rurimo ikibanza kinini n’inzu bigurishwa ku giciro gito gishoboka

  • admin
  • 14/06/2018
  • Hashize 6 years

Ikibanza kinini kiri kumwe n’inzu byombi biri mu rupangu biherereye mu murenge wa Kimironko ku muhanda unyura kuri Kigali parents school.Bikaba bigurishwa ku giciro cy’amafaranga miliyoni 45 z’amafaranga y’u Rwanda.

Ikibanza gifite numero yacyo UPI: 1|02|09|01|704 giherereye mu murenge wa Kimironko hafi ya Kigali Parents school nko muri metero 300.


Uru ni urupangu ruri ku muhanda
Ukimara kwinjira mu rupangu ugera kuri iki kibanza

Iki kibanza cyari cyateguriwe kubakwamo igorofa igerekeranyije gatatu ndetse n’ibyangombwa byo kubaka birahari uwakigura yahita akomeza imirimo yo kubaka atiriwe ajya gushaka ibyangombwa.


Iyi ni inzu iri munsi y’ikibanza

Munsi y’icyo kibanza harimo inzu ifite ibyumba 4,icyumba cy’ururiro,icyumba cy’uruganiriro kinini, ubwogero,ubwiherero ndetse n’igikoni.


Parikingi iri ahabanza ndetse na esiariye unyuraho ugana ku nzu

Hari na parikingi nini ishobora kwakira imodoka ebyiri

N.B:Igiciro cyavuzwe haruguru gishobora kuganirwaho.

Ushaka ibindi bisobanuro yahamagara kuri : 0788807681, 0782615132 cg

0788543074

cg akatwandikira kuri whatsapp: 0788807681 cg 0726244716

Email:muhabura10@gmail.com

  • admin
  • 14/06/2018
  • Hashize 6 years