Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
- 13/06/2019
- Hashize 5 years
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza R.COM 00270/2017/CHC/HCC rwo kuwa 06/04/2018 giteyeho kashe mpuruza,
umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko tariki 20/06/2019 saa saba zuzuye(13h00) hazagurishwa muri cyamunara umutungo utimukanwa wa RUSAGARA EMMANUEL na KAYITESI FAITH ugizwe n’inzu iri mu kibanza gifite N0 UPI:05/02/03/09/1125 buherereye mu karere ka Nyagatare,umurenge wa Karangazi,akagari ka Rubagabaga
kugira ngo harangizwe icyemezo cy’urukiko cyavuzwe haruguru mu rubanza KARANGAZI UMURENGE SACCO yatsinzemo RUSAGARA EMMANUEL.
Iyo cyamunara ikazabera aho uwo mutungo uherereye.
Ushaka ibindi bisobanuro yabariza kuri telefone zikurikira:0788549040
Bikorewe i Kigali kuwa 10/06/2019
Umuhesha w’inkiko w’umwuga
Me RUGABIRA Patrick
MUHABURA.RW