Amafoto: Uyu we ngo atewe ishema no gukuramo akagaragaza uko umwana we ahagaze mu nda

  • admin
  • 27/10/2016
  • Hashize 8 years
Image

Louise Cliffe yishimiye umwana we wa mbere atwite ku nda yatewe na Stu Pilikington uzwi muri Big Brother buryo buhebuje, mu kutabyihererana, yakoresheje uburyo tumenyereye ku bantu nk’aba b’ibyamamare maze yiyambura imyenda afata amafoto ashyira hanze karahava.

Uwu mugore w’icyamamarekazi abeshi bibukira cyane kuri finale ya BB muri 2011, ntiyazuyaje gukuramo imyenda maze akemeza abantu iby’inde ye. Nk’ibisanwe ariko ntiyemeye kugragaza imoko y’ibere rye dore ko yakinzeho ikiganza kimwe mu gihe ikindi yakishyize kun da.

ubundi yatangaje ko atwite mu kwezi kwa Kanama nyuma yo kwemeza ko ari mu rukundo na Stu, aba bombi banatangarije Mailonline ko nyuma yo kuba inshuti nziza banatangiye umuryango.

Uyu nyiramwiza w’I Manchester ubu ufite imyaka 29, yari yarashyingiwe na Jay McKray nyuma yo gukorana muri series za BB. Gusa baje gusaba gatanya nyuma y’umwaka umwe bashyingiwe muri 2013

Amafoto(photos Inernet)









Yanditswe na Lucky van Rukundo/Muhabura.rw

  • admin
  • 27/10/2016
  • Hashize 8 years