Abayobozi 5 muri Afurika ndetse n’abana bato basa neza neza nk’intobo[REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 10/06/2019
  • Hashize 5 years

Ni kenshi abantu bashobora gusa ntaco bapfana yewe batanaziranye aho ugasanga hari umuntu abandi babona bakamwitiranya n’undi kandi ntacyo bahuriyeho.

Iyo umuntu asa n’undi w’’umugabo,rimwe bamwe bakavuga ko yaba ari se banamushinyagurira ngo umubyeyi we (nyina) ashobora kuba hari ukuntu yabigenje agaca inyuma uwo bashakanye maze akavuka.

Cyangwa se yaba ari umugore usa n’umwana runaka,bakavuga ko bashobora kuba bafitanye isano kandi binashoboka ko ari ntaryo.

Aha hari amafoto y’abamwe mu bayobozi muri Afurika ndetse n’abana,basa neza umuntu akaba yakibeshya ko hari icyo bapfana kandi nta n’ihuriro.Bamwe muri aba bayobozi barazwi cyane.

Gusa aba bana kubera umutekano wabo twirinze gutangaza amazina yabo n’inkomoko.







Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 10/06/2019
  • Hashize 5 years