Mu buryo butunguranye Ikipe ya Olympique de Marseille yashyizwe ku isoko – Menya Impamvu

  • admin
  • 17/04/2016
  • Hashize 8 years

Margarita Madama Louis-Dreyfus, Umuherwekazi akaba na nyir’ikipe ikomeye mu ruhando rwa Ruhago mu gihugu cy’Ubuafaransa ndetse no ku Isi yose. Margarita yashyize iyi ikipe ye ya Olympic De Marseille ku isoko ndetse akaba ashaka kuyigurisha vuba aha ,nyuma yo kubina ko iyi kipe igeze aharindimuka kandi itagifite Ubushobozi bwo guhatana mu marushanwa atandukanye kubera ikibazo cy’Umufuka n’Imari muri rusange.


Margarita Madama Louis-Dreyfus

Iyikipe niyo yambere mu Bufaransa igira abafana benshi. Gusa muri iyi minsi imitima yabo ihoramo agahinda. Kubona intsinzi n ikibazo, by’umwihariko imikokino baba bakiniye murugo ku kubuga Velodrome Kuwa 13 Mata nibwo itangazo ryagaragaye kuri tekeviziyo yitwa BFM TV. Margareteyagizeati : “numva Atari byiza kuba Marseille nta bushobozi bwo guhatana ifite. Bityo ndabamenyesha ko nafashe icyemezo cyogukurama akange karenge, ngaharira abashoramari.” Uyumugore afite iyi kipe nyuma yo kuyisigrwan’uwahoze ari umugabo we kuva 1996.

Sitade ya Olympic de Marseille

Ngo kuri we sicyo cyangombwa, ngo icyambere ni abafatanyabikorwa bafite gahundan’ubushobozi byokugarura ikipe mu ruhando rw’amakipe ahatana. Yongeye ho ko mugihe hazaba habonetse uyigura , azabimenyesha Meya ndetsen’abakunzi bayo muri rusange. Twabibutsa ko iyikipe ya Marseille ifite ibikombe bya shampiyona y’Ubufaransa 10. Kuri ubuni iya 14 kurutonde rwa Shampiyona muri Uyu mwaka.

Yanditswe na Rukundo Xaver/Muhabura.rw

  • admin
  • 17/04/2016
  • Hashize 8 years