Uwahoze ari Perezida François Hollande yugarijwe n’ubucyene none arasaba Leta ko yamufasha

  • admin
  • 08/02/2018
  • Hashize 6 years

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa Francois Hollande kuri ubu wugarijwe n’ubucyene nyuma yo kugurisha imwe mu mitungo ikomeye yari afite agasigara iheru heru, arasaba ubufasha Leta kugira ngo yigobotore ingohi y’ubukene bumwugarije biteye ubwoba.

Amakuru aturuka mu muryango we wahafi Francois Hollande ashobora kuzabura ubushobozi bwo kwishyura inzu abamo nihatagira igikorwa.Bityo Nyakubahwa Hollande akabaho ntaho yakinga umusaya mu myaka 5, mugihe ubufasha bwigihugu bwaba burangiye kuko amakuru amaze kujya hanze yemeza ko yamaze kugurisha igice kinini cy’umutungo we.

Bivugwa ko umukuru w’igihugu w’Ubufaransa ucyuye igihe afata amayero 6000 ku kwezi hakiyongeraho amayero arenga 14000 afata nk’umunyamuryango w’ubuzima munama nkuru yitegeko nshinga.

Gusa Hollande yatakaje amafaranga menshi ku isoko ry’ububiko kubera kugurisha kugiciro kiri hasi bityo guverinoma ibaye itamufashije cyaba ari igisebo kugihugu nk’Ubufaransa.

Nkibisanzwe abakuru bigihugu cy’Uburaransa bacyuye igihe babaho mubuzima bwiza bishyurirwa aho kuba kubera imirimo baba barakoreye abaturage, aho bemererwa aba polisi 2 bo kubarinda bya hafi ,Imodoka n’abashoferi babiri ,N’abakozi 7 bokumufasha kandi bahoraho ,iyo bateze igare ry’umwuka bagenda mumyanya y’icyubahiro ya mbere ,iyo bagenze mundege bagenda mumyanya yabakungu muri Air France.


Yari avuye guhaha acigatiye mu ntoki ibyo yahashye
src: Africa24

Chief Editor

  • admin
  • 08/02/2018
  • Hashize 6 years