Urujijo rukomeye ku Isabukuru ya Eddy Kenzo yabaye ejo kuri Noheli

  • admin
  • 26/12/2015
  • Hashize 8 years
Image

Abakunzi b’umuhanzi Eddy Kenzo bari mu rujijo rukomeye kuko ntago itariki y’amavuko bazi ndetse igaragara ku rubuga rwa Waptrick ihamanya n’ibyo uyu muhanzi ubwe ndetse n’abo mu muryango we bemeza ku bijyanye n’igihe uyu muhanzi yaba yaravukiye.


Ku rukuta rwe twa Facebook yagaragaje urukundo rudasanzwe akunda umugabo we

Intandaro yabyo ni aho Ku munsi w’ejo ku rukuta rwe rwa Facebook, Umuhanzikazi Rema hagaragayeho amagambo yifuriza Isabukuru nziza umukunzi we ndetse akaba na papa w’umwana we. Ibi kandi byaje gukurikirwa n’ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’umuhanzi Eddy Kenzo bivugwa ko yari yujuje imyaka 26 y’amavuko nk’uko byakomejje kugenda bitangazwa n’urubuga rwa Howwe.bz.


Eddy Kenzo yabatijwe mu mazi menshi cyane n;umugore we

Umuhanzikazi Rema afatanije n’inshuti ze akaba yaramenye amazi menshi kuri uyu Eddy Kenzo mu rwego rwo kwifatanya nawe mu byishimo by’isabukuru ye. Ubusanzwe umuhanzi Eddy Kenzo bizwi ko asanzwe agira isabukuru ku itariki 9 z’ukwezi kwa Mata.

Yanditswe na Akayezu Snappy/Muhabura.rw

  • admin
  • 26/12/2015
  • Hashize 8 years