Undi mwirabura ariko w’umuraperi azayobora Amerika, DNA zagaragaje ko akomoka kuri Martin Luther King.

  • admin
  • 07/11/2016
  • Hashize 7 years
Image

Amakuru yaciye igikuba mu muryango wa Martin Luther King nyuma y’uko ibizamini byo kwa muganga, DNA byagaragaje ko umusore Meek Mill ari umwuzukuru w’intwari Martin Luther King.

Meek Mill ubundi amazina ye nyakuri ni Robert Rahmeek Mill, kuri ubu birikuvugwa ko ngo Martin Luther King III yaba ari we umubyara nk’uko byatangajwe na celebtricity.com.

Ibi bikaba bivuga yuko uyu musore atari umuragwa m’injyana ya Rap gusa, ahubwo ngo yaba ari nawe mwirabura wa kabiri ugomba kuzayobora Amerika. Hamwe n’iki gisekuru, ngo uyu niwe muraperi wa mbere wazayobora White House dore ko Jay Z atabigezeho.


Meek Mill ngo si umuragwa m’injyana ya Rap gusa, ahubwo ngo yaba ari nawe mwirabura wa kabiri ugomba kuzayobora Amerika

Yanditswe na Lucky van Rukundo/Muhabura.rw

  • admin
  • 07/11/2016
  • Hashize 7 years