Umuzungu ufite ubwandu bwa SIDA yaryamanye n’abiraburakazi 600 nabo ngo banduze abagabo b’abirabura[REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 04/11/2019
  • Hashize 4 years

Umugabo wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ufite ubwanda bw’agakoko gatera SIDA yaryamanye n’abiraburakazi 600 afite intego y’uko bazakwirakwiza icyo cyorezo mu bagabo bose b’abirabura ku isi.

Jason Pope uzwi cyane ku mazina ya DJ Kid ubu ari mu maboko ya Polisi ashinjwa kuryamana nabo bagore bose.

Aya makuru yamenyekanye nyuma y’uko mu buryo butunguranye yashyize ku mbuga nkoranymbaga amafoto y’abagore benshi yaryamanye nabo.

Ghana Guardian cyesha iyi nkuru itangaza ko Pope yatawe muri yombi mu minsi ishize nyuma y’uko abayobozi muri Amerika baguye mu kantu bamaze kumenya neza ko yari afite umugambi mubisha wo kwanduza abandi bagore biyongera kuri 600 yari amaze kwanduza icyo cyorezo.









Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 04/11/2019
  • Hashize 4 years