Umukobwa yabonye amafoto ye yambaye ubusa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuyaha umukunzi we w’Iburayi [AMAFOTO]

  • admin
  • 09/06/2018
  • Hashize 6 years

Umukobwa wo mu gihugu cya Zambia witwa Mbayama Jombo uzwi ku izina rya Slay Queen yandagajwe n’umukunzi we w’umuzungu utuye I Burayi ubwo yashyiraga amafoto y’uwo mukobwa ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa buri buri,bimuviramo gutukwa arandagawa n’abatari bacye bakoresha imbuga nkoranya mbaga.

Uyu mukobwa yabaye icyamamare ku mbuga nkoranya mbaga kubera gukunda amafaranga y’uyu muzungu bakundanaga, nibwo yamusabye amafoto ye ndetse na videwo yambaye ubusa,umukobwa atazuyaje ahita ayamwoherereza undi icyo yakoze ni uguhita ayashyira ku mbuga nkoranya mbaga.

Amakuru ducyesha ZambianObserver,avuga ko ubusanzwe uyu mukobwa arangije kwiga kaminuza I Lusaka muri Zambiya,yatangaje ko yayoherereje iyo nshuti ye y’umuzungu bityo ikaba ariyo yakoze ayo mahano kuko ntawundi yayahaye.

Amafoto yateje ikibazo ku bantu bakoresha imbuga nkoranya mbaga cyane cyane bo mu gihugu cya Zambiya aho bahise bajya kureba ku rukuta rwa fesibuke rw’uwo mukobwa bamubwira byinshi bitandukanye byiganjemo ibitutsi ariko we ntacyo yabivuze yarinumiye.

Bamwe bamushimiraga ko ateye neza ku mubiri abandi bamusaba ko yaboherereza nabo ayandi bakirebera ndetse n’akavidewo.






REBA IBYO DUKORA USHAKA KO TWAGUFASHA WATWANDIKIRA KURI EMAIL: Muhabura10@gmail.com


Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 09/06/2018
  • Hashize 6 years