Umukerarugendo w’umufaransa aravugwaho gutera inda abakobwa 630 bo mubihugu 6 byo muri afurika

  • admin
  • 19/02/2018
  • Hashize 6 years

Nigute mwita Umugabo ubasha gutera inda abakobwa barenga 600 mu bihugu 6 byo muri Afrika mu rugendo ya koze rwo ku zenguruka Afurika mu gihe cy’imyaka 2?.

Jean Michel Ni umugabo w’imyaka 40 wa baye umukire ubwo ya tsindaga muri loto. Ya twohereje aya mayobera , bitangira twibwiraga ko arigukina kugeza ubwo atwoheree amafoto yabo yateye inda tu dashaka gusakaza ku kinyamakuru cyacu.

Michel yagize ati “Mwaramutse Afrique24, Ngiye kuvuga ku mahano nakoze mu bihugu 6 byo muri afrika aribyo Cameroun,Togo,Cote d’Ivoire,Nigeria,Ghana Na Gineya si ntewe ishema nibyo nakoze ariko ni ubumenyi butangaje nagize.”

Jean Michel akomeza agira ati” Mu mujyi wa Paris aho nturuka ,nta mafaranga na giraga ,na rumukene kugeza umunsi umwe ,na kinnye loto ntsindira 550.000 Euro, ni umubare munini w’amafaranga narintunzeho mu buzima bwanjye bwose . si narinzi icyo na koresha ayo mafaranga nyuma nibwo inshuti yanjye yampaye igitekerezo cyo kujya muri Afrika .Twashatse ibyangombwa byose byasabwaga ngo tubone viza .Urugendo rwacu rwatangiriye muri Cote d’Ivoire.

Muri Abidjan twakodesheje aho kuba , twari dufite amafaranga yo gukoresha twahuye n’abanyakotedivoire kandi twaje kuba inshuti, baje ku twereka abakobwa beza bo muri cote d’ivoire ni nabwo byose byatangiye, na tangiye kujya nkora imibonano mpuzabitsina buri munsi ,Rimwe na rimwe naginaga imibonano mpuza bitsina nabakobwa batatu mugihe kimwe .ni ubumenyi butangaje nashidikanyaga kubuzima bwanjye kuko ibyo nashakaga byose byari ukwishimisha.

Njye ninshuti twabaga turi mutubyiniro two mumujyi buri munsi dushaka abakobwa ,Rimwe nibwo nahuye n’umukobwa muha amafaranga dusezerana ko tugomba kuryamana yari yiteguye kubyarana nanjye ,sinarinzi niba yarakunze amafaranga cyangwa niba ari uko nari Umufaransa Namaze amezi 3 muri cote d’ivoire ,nakoresheje ama Euro 60.000frw ndyamana n’abakobwa 80.

Navuye muri cote d’ivoire njya muri Togo aho naryamanjye nabakobwa barenga 100 ngakoresha ama Euro 40.000 ,nahamaze amezi 3 njya muri Nigeriya. Muri Nigeriya niho narimfite abakobwa benshi .sinzi icyongereza gusa byagaragaraga ko abakobwa bo muri Nigeriya bakundaga abanyamahanga, nakodesheje inzu nari mumujyi wa Lagos mugihe ucyamezi 6, nakoresheje ama Euro 100.000 nryamana nabakobwa barenga 230 .Muri Nigeria nagace nishiye cyane ,abakobwa barabonekaga kandi byoroshye kubabeshya.

Navuye muri Nigeriya njya muri Ghana, njya muri Cameroun nsoza ibyo na kwita amahano y’ubusambanyi muri Guineya .Nabaye muri ibyo bihugu bitatu mugihe kingana n’umwaka nkoresha ama EURO 200.000 . Mbabwiye ko naryamanye nabakobwa barenga 700 muri ibyo bihugu bitatu nti bwabyizera n’ibintu umuntu atatekereza.

JPEG - 86.3 kb
Jean Michel

Muri byose naryamanye nabakobwa barenga 1.400 mubihugu 6 bitandukanye byo muri afrika , bose mfite amafoto yabo muri album yanjye ,igihe twahuriyeho amazina yabo, na nimero zabo za telephone nafunguye konti ya facebook yabo gusa kuva igihe nasubiriye mubufaransa ,mfite abarenga 600 muri bo bambwiye ko batwite bifuzaga ko na bagarukira bamwe muri bo bakuye mo inda bityo sinavuga ngo nibangahe babyaye.

Afurika ni umugabane utangaje,abakobwa nibeza kandi bateye ubwuzu icyo bashaka numugabo ufite amafaranga bikaba akarushyo iyo ari umuzungu naje kuvumbura ko bakunda abana b’imvange ,sinzi impamvu gusa benshi muribo bakoresha uko bashoboye ngo ubatere inda .ama EURO 100.000 ni menshi muri Afurika . “

Jean Michel akomeza agira ati “ Muncamake z’ayamateka ,nari naragiye gukora izenguruka ry’amarorerwa y’ubusambanyi na koreye muri Afurika ,naryamanye n’abakobwa barenga 1400 mumyaka ibiri , ikirenzeho 600 muribo baratwise .Nzi ko benshi muri mwe banshira urubanza gusa sinitaye kubyo muntekerezaho ,Nzi ko ibyo nakoze atari byiza gusa nishiye iminsi yose namaze muri Afurika kandi niteguye urundi urugendo muminsi iri imbere muri Senegal, muri Mali, muru Gabon, muri Benin ,muri Niger No muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.

Le lendemain. Nasubiye mubufaransa ,nari mubitaro nisuzumisha icyiza nasanze nta bwandu bwa VIH mfite ,nta nizindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nanduye. Incuti yanjye nayo ntabwandu ba yisanganye kandi turategura rugendo tuzakora ,Sinigeze njya mumashuli yisumbuye none mwihanganire amakosa .Mwakoze gusoma inkuru y’amateka yanjye.’’


Yanditswe na Bakunzi Emile

  • admin
  • 19/02/2018
  • Hashize 6 years