Umuhanzikazi yahaye uburenganzira abafana be ngo bamukorakore aho bashaka hose ku mubiri we [REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 06/08/2018
  • Hashize 6 years
Image

Umuhanzikazi Spice Diana wo mu gihugu cya Uganda muri iki cyumweru ubwo uyu muhanzikazi yakoraga igitaramo mu kabyiniro kamwe ko muri Uganda, yasabye abafana be ko ushirutse ubwoba yaza kurubyiniro akamufata ku mabere maze umusore umwe niko kuza yiruka amufata ku mabere abandi baratinya .

Ubwo uyu musore yageraga ku rubyiniro yakojejwe isoni nuyu mukobwa gusa mu rwego rwo kugirango agenda atarakaye yamubwiye ko yakoraho akanya gato ndetse agahita subira kwicara , uyu musore nawe yakozeho mukanya gato nkako guhumbya yahise amwiyaka amusaba ko yasubira mu bandi bagakomeza kwishimana .

Bamwe mu bari aho baganiriye na Ugbliz bavuze ko intandaro ya bino byose yatewe n’umusore babanje kubyinana ari nawe wamukuyemo ikote yari yambaye ryari rihishe amabere ye.

Si ubwambere uyu muhanzikazi avuzweho ibikorwa nkibi kuko no mu mwaka washize uyu mukowa yavuzweho kuba yararyamanye n’umuhanzi Gravity Omutuju nawe ukora umurimo wo kuririmba hariya muri Uganda.





Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 06/08/2018
  • Hashize 6 years