Ubudage : Angela Merkel arava ku butegetsi yari amazeho imyaka 16

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 08/12/2021
  • Hashize 2 years
Image

None kuwagatatu, Angela Merkel arava ku butegetsi yari amazeho imyaka 16 nka Chancellor w’Ubudage, mu rugendo rwa politiki rwamugejeje ku mwanya wo hejuru mu Budage yatangiye mu myaka irenga 30 ishize.

Ni urugendo rwagiye rufatwa no mu mashusho buri ntambwe: kuva ku gusura abarobyi bwa mbere atangira kwiyamamaza, ku biganiro muri White House n’ibindi byose hagati aho.

Aya ni amwe mu mafoto twahisemo mu yandi ibihumbi yafotowe uyu mugore wategetse Ubudage kuri manda enye, akaba uwa gatatu wategetse iki gihugu imyaka myinshi.

Ukuboza(12) 2021: Abasirikare b'Ubudage mu cyumweru gishize bahawe amahirwe yo gusezera no guha icyubahiro kuri Merkel uri kwitegura guha ubutegetsi leta nshya
Insiguro y’isanamu,Ukuboza(12) 2021: Abasirikare b’Ubudage mu cyumweru gishize bahawe amahirwe yo gusezera no guha icyubahiro Merkel uri kwitegura guha ubutegetsi leta nshya
Impeshyi 1989: Madamazera Merkel (iburyo) hamwe n'uwaje kuba inzobere mu butabire Malgorzata Jeziorska n'uwaje kuba umugabo we Joachim Sauer kuri kaminuza yo muri Pologne ku ishuri ryayo ry'ubutabire
Insiguro y’isanamu,Impeshyi 1989: Madamazera Merkel (iburyo) hamwe n’uwaje kuba inzobere mu butabire Malgorzata Jeziorska n’uwaje kuba umugabo we Joachim Sauer kuri kaminuza yo muri Pologne ku ishuri ryayo ry’ubutabire
Ugushyingo(1) 1990: Ku mwaka wakurikiyeho, yiyamamaje mu matora ya mbere yabayeho nyuma y'uko Ubudage bwongeye kuba igihugu kimwe, aha yari yasuye inzu y'umurobyi iri ku kirwa cya Lobbe
Insiguro y’isanamu,Ugushyingo(1) 1990: Ku mwaka wakurikiyeho, yiyamamaje mu matora ya mbere yabayeho nyuma y’uko Ubudage bwongeye kuba igihugu kimwe, aha yari yasuye inzu y’umurobyi iri ku kirwa cya Lobbe
Mutarama(1) 1994: Madamazela Merkel umunyapolitiki mu ishyaka CDU, yagizwe minisitiri w'ibidukikije - aha yateraga ipasi igipapuro cyo gupfunyikamo yerekana ko bishobora kongera gukoreshwa
Insiguro y’isanamu,Mutarama(1) 1994: Madamu Merkel umunyapolitiki mu ishyaka CDU, yagizwe minisitiri w’ibidukikije – aha yateraga ipasi igipapuro cyo gupfunyikamo yerekana ko bishobora kongera gukoreshwa aho gutabwa
Werurwe (3) 1995: Minisitiri Merkel arimo guseka na minisitiri w'ubuzima Horst Seehofer, mu nama y'abaminisitiri
Insiguro y’isanamu,Werurwe (3) 1995: Minisitiri Merkel arimo guseka na minisitiri w’ubuzima Horst Seehofer, mu nama y’abaminisitiri
Werurwe 2000: Merkel yatorewe kuyobora ishyaka Christian Democrats (CDU)
Insiguro y’isanamu,Werurwe 2000: Merkel yatorewe kuyobora ishyaka Christian Democrats (CDU)
Nyakanga(7) 2005: Hashize imyaka itanu, yasubiye kwiyamamaza (nibyo yari arimo ku ifoto) - ibyamugejeje ku mwaya wa chancelière wa mbere w'umugore w'Ubudage
Insiguro y’isanamu,Nyakanga(7) 2005: Hashize imyaka itanu, yasubiye kwiyamamaza (nibyo yari arimo ku ifoto) – ibyamugejeje ku mwaya wa chancelière wa mbere w’umugore w’Ubudage
Kamena(6) 2007: Nubwo turi mu kinyejana cya 21, politiki iracyakuriwe n'abagabo, Merkel rero - hano ku ifoto ari kumwe na Minisitiri w'intebe w'Ubutaliyani Romano Prodi, Perezida Nicolas Sarkozy w'Ubufaransa, Perezida George W Bush wa Amerika, Perezida Vladimir Putin w'Uburusiya na Minisitiri w'intebe Tony Blair w'Ubwongereza - niyo sura y'umugore yonyine yabonekaga mu bakomeye
Insiguro y’isanamu,Kamena(6) 2007: Nubwo turi mu kinyejana cya 21, politiki iracyakuriwe n’abagabo, Merkel rero – hano ku ifoto ari kumwe na Minisitiri w’intebe w’Ubutaliyani Romano Prodi, Perezida Nicolas Sarkozy w’Ubufaransa, Perezida George W Bush wa Amerika, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya na Minisitiri w’intebe Tony Blair w’Ubwongereza – niyo sura y’umugore yonyine yabonekaga mu bakomeye
Mutarama 2007: Abategetsi bacye kw'isi nibo bumva Vladimir Putin nka Angela Merkel. Yari azi neza ko Merkel atinya imbwa ariko hano ubwo yari yamusuye i Sochi mu Burusiya yahakanye ko yari agamije kumutera ubwoba
Insiguro y’isanamu,Mutarama 2007: Abategetsi bacye kw’isi nibo bumva Vladimir Putin nka Angela Merkel. Yari azi neza ko Merkel atinya imbwa ariko hano ubwo yari yamusuye i Sochi mu Burusiya yahakanye ko yari agamije kumutera ubwoba
Mata(4) 2009: Merkel yakundiwe ko yafashe ingamba zikomeye zo kugabanya ibyo leta ikenera nyuma y'ihungabana rikomeye ry'ubukungu, aha afashe ikirahure cy'inzoga yariho yiyamamariza kongerwa indi manda
Insiguro y’isanamu,Mata(4) 2009: Merkel yakundiwe ko yafashe ingamba zikomeye zo kugabanya ibyo leta ikenera nyuma y’ihungabana rikomeye ry’ubukungu, aha afashe ikirahure cy’inzoga yariho yiyamamariza kongerwa indi manda
Mata 2011: Hillary Clinton, wari ashinzwe ububanyi n'amahanga bwa Amerika, ari kumwe na Merkel i Berlin, bari guha ikiganiro abanyamakuru nyuma y'inama bagiranye
Insiguro y’isanamu,Mata 2011: Hillary Clinton, wari ashinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika, ari kumwe na Merkel i Berlin, bari guha ikiganiro abanyamakuru nyuma y’inama bagiranye
Kamena 2015: Merkel n'uwari Perezida wa Amerika Barack Obama, baganira nyuma y'inama ya G7 yabereye mu Budage. Hashize umwaka umwe Obama yaramubwiye ati "Wabaye inshuti yo kwizera igihe kinini kurusha undi mutgetsi wese ku isi mugihe cyose nari ku butegetsi"
Insiguro y’isanamu,Kamena 2015: Merkel n’uwari Perezida wa Amerika Barack Obama, baganira nyuma y’inama ya G7 yabereye mu karere k’imisozi yo mu majyepfo y’Ubudage. Hashize umwaka umwe Obama yaramubwiye ati “Wabaye inshuti yo kwizera igihe kinini kurusha undi mutgetsi wese ku isi mugihe cyose nari ku butegetsi”
A migrant girl holds a poster of German Chancellor Angela Merkel as migrants walk in Budapest downtown after leaving the transit zone of the main train station, on September 4, 2015
Insiguro y’isanamu,September 2015: The chancellor’s decision to open Germany’s borders to refugees in 2015 divided the country. Pictured: Refugees making their way through Hungary
Mata 2018: Ibyo byanatumye atarebana neza n'uwari perezida wa Amerika Donald Trump, aha bari mu kiganiro n'abanyamakuru kuri White House
Insiguro y’isanamu,Mata 2018: Ibyo byanatumye atarebana neza n’uwari perezida wa Amerika Donald Trump, aha bari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri White House
Kamena 2018: Ikibazo cy'abimukira sicyo gusa batumvikanagaho. Korea ya Ruguru, Iran, n'ubucuruzi ku isi nabyo byatumaga batavuga rumwe nk'aha mu nama ya G7 muri Canada
Insiguro y’isanamu,Kamena(6) 2018: Ikibazo cy’abimukira sicyo gusa batumvikanagaho. Koreya ya Ruguru, Iran, n’ubucuruzi ku isi nabyo byatumaga batavuga rumwe nk’aha mu nama ya G7 muri Canada
Ukwakira(10) 2018: Merkel yerekanye kandi gutega amatwi abategetsi b'ibihugu bya Africa, aha ni mu nama ya G20 i Berlin aganira na Perezida Paul Kagame
Insiguro y’isanamu,Ukwakira(10) 2018: Merkel yerekanye kandi gutega amatwi abategetsi b’ibihugu bya Africa, aha ni mu nama ya G20 i Berlin aganira na Perezida Paul Kagame
2020/21: Mu gihe coronavirus yariho iyogoza ku isi, Merkel yashimiwe uko yitwaye mu kurwanya iki cyorezo, bamwe bavuga ko kuba nawe ari umuhanga muri science byafashije, aha yari kumwe na Ugur Sahin washinze uruganda BioNTech amwereka uko bari gukora urukingo rwa Pfizer ku ruganda rwabo i Marburg mu Budage
Insiguro y’isanamu,2020/21: Mu gihe coronavirus yariho iyogoza ku isi, Merkel yashimiwe uko yitwaye mu kurwanya icyi cyorezo, bamwe bavuga ko kuba nawe ari umuhanga muri science byafashije, aha yari kumwe na Ugur Sahin washinze kompanyi ya BioNTech amwereka uko bari gukora urukingo rwa Pfizer ku ruganda rwabo i Marburg mu Budage
23 Nzeri 2021: Ntabwo yari umuntu ukunda gusetsa cyane, ariko hano yasekeje benshi ubwo yariho agaburira inyoni muri parike imwe ikamudonda
Insiguro y’isanamu,23 Nzeri 2021: Ntabwo yari umuntu ukunda gusetsa cyane, ariko hano yasekeje benshi ubwo yariho agaburira inyoni muri parike imwe ikamudonda
  • Ubwanditsi Muhabura
  • 08/12/2021
  • Hashize 2 years