Rihanna ibyo yakoze byatumye bamwita umusazi urenze abandi ku isi [REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 26/04/2018
  • Hashize 6 years

Rihanna yatangaje abafana be batari bacye ubwo yashyiraga hanze amafoto ateye ubwoba n’isoni kuri instagram ye agaragaza imyanya ye y’ibanga ndetse ari nogusuka amazi muri iyo myanya ye y’ibanga bituma bamwita umusazi.Imyitwarire ye yatumye abamukurikirana kuri instagram bamuvumira ku gahera bikomeye.

Umuhanzikazi ukomeye ku mugabane wa Amerika ndetse n’isi muri rusange, Rihanna yongeye gusa nk’ukoza agati mu ntozi nyuma yo gushyira ifoto ye hanze ari mu rwogero asuka amazi mu myanya ye y’ibanga yatumye abamukurikiranira hafi kuri instagramye bamubwira ko yasaze.Gushyiraho amafoto yabikoze mu minsi ibiri yikurikiranya aho kuwa Kabiri hari iyo yashyize hanze ndetse no kuwa Gatatu arongera ashyira indi hanze arimo gukora ibyo biterasoni.

Abinyujije kuri instagram ye, Umuhanzikazi Rihanna, akomeje kugenda atungurana cyane kuri iyi minsi abinyujije mu mafoto agenda asangiza abamukurikiranira hafi ku mbugankoranyambaga agaragaza ibice bye by’ibanga ndetse ari no gusukamo amazi anaseka agaragaza ko bimushimishije.

Kuri ubu rero nyuma y’ifoto yashyize hanze yifuriza abakunzi be umunsi mwiza wo kuwa Kabiri, yongeye gushyira indi hanze aryamye ku gitanda kuri uyu wa Gatatu ikibuno cyose kiri hanze bamwe bamubwirako ibyo akora ari ubusazi bubimutera kuko umuntu muzima atatinyuka gukora ibyo.

Ifoto Rihanna yashyize hanze kuri uyu wa Gatatu


Ifoto Rihanna yashyize hanze kuri uyu wa Kabiri







Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 26/04/2018
  • Hashize 6 years