Perezida wa Koreya ya Ruguru avuga ko azohereza Abirabura ku wundi mubumbe

  • admin
  • 09/02/2018
  • Hashize 6 years

Perezida Kim Jong-un avuga ko Igihugu cye giteye imbere kurusha ibihugu byo muri Afurika gusa ngo bamwita umunyagitugu kandi Abanyafurika hari byinshi batarabasha kwigezaho usibye amagambo gusa.

Kugeza ubu Birasa nkaho Perezida Kim wa Koreya ya ruguru yahagaritse intambara y’amagambo na Perezida wa Amerika Donald Trump akaba ashaka ibindi bihugu bishya yateza mo intambara y’amagambo.

Umwaka ushize nibwo Kim Jung yeruye, akavuga ko azohereza Abanya Nigeriya mu kuzimu ni batagabanya amagambo y’ubushotoranyi bazahura n’ingaruka zikomeye. Mumwaka wa2016 yageragereje igisasu m’ubutayu bwo muri Libiya murwego rwo gushotorana n’abanyafurika, aho avuga ko ateganya kohereza abirabura k’uwundi mubumbe, mu gihe isi yaritangiye kuba nziza ikigezweho ni ugushotorana muburyo butaziguye Leta za bafurika

Mukinyamakuru cyo muri koreya ya ruguru ’Umunyagitugu kim jong-un yagize ati ” Abanyafurika bampfata nk’umunyagitugu w’amaraso ukandamiza abaturage be ,akabica,akababuza gutembera, gusa murekembabaze iki ikibazo :Ari igihu cyanjye n’ibihugu byanyu nikihe cyateye imbere cyane?”

Kim Jong akomeza avuga ko Nubwo Koreya ya ruguru ifatwa nkabanyagitugu buzuye kumubumbe , ari ngo ntagushidikanya ko ari igihugu cya teye imbere cyane gifite ibikorwa remezo bigezweho , cyateye imbere mwikorana buhanga mungeri zose kurusha ibihugu hafi ya byose byo muri afurika.

N’ubwo Koreya yaruguru yafatiwe ibihano bikomeye mu bukungu igihugu cyakomeje imishinga yacyo mukubaka ibitaro , Amasumo y’amashanyarazi ,Amashuli ,Amacumbi, kugira ngo bekuvuga ko igihugu cye gifite umubare munini w’abaturage utazi gusoma kurusha abanyafurika.

Ngizi zimwe munyubako Perezida Kim Jung wa Koreya yaruguru avuga ko ibihugu byinshi byo muri afurika bitabasha kwiyubakira n’ubwo byo bitafatiwe ibihano.





Src: Africa24

Chief Editor

  • admin
  • 09/02/2018
  • Hashize 6 years