Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bafunguye ku mugaragaro umudugudu w’icyitegererezo [REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 04/07/2018
  • Hashize 6 years
Image

Kuri uyu munsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 24,Perezida Kagame na mademu Jeannette Kagame bafunguye ku mugaragaro umudugudu w’ikitegererezo wa Horezo uri i Ndiza mu murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga.

Umudugudu w’icyitegererezo wa Horezo wubakiwe imiryango itishoboye. Uyu mudugudu ufite amazu 25, ishuri ry’imyaka 12, irerero ry’abana, ivuriro n’inzu yagenewe kwakira ibirori bitandukanye.


Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bafunguye ku mugaragaro umudugudu w’icyitegererezo wa Horezo

Aya ni amwe mu mazu yubatse muri uyu mudugudu wa Horezo

Iki ni ikigo cy’amashuri y’imyaka 12 cyubatswe hano muri Ndiza mu mudugudu w’icyitegererezo cya Horezo
Ibyumba by’amashuri byubatswe harimo n’ibyumba by’aho bigira ibijyanye na siyansi
Perezida Kagame ubwo yasuhuzaga abaturage ibihumbi n’ibihumbi bo mu karere ka Muhanga bitabiriye umunsi mukuru wo kwibohora

Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 04/07/2018
  • Hashize 6 years