Perezida Jakaya Kikwete itegeko rimwongerera iminsi yo kuyobora Tanzania

  • admin
  • 23/10/2015
  • Hashize 8 years

Leta ya Tanzania yatangaje ko Perezida ucyuye Igihe Jakaya KIKWETE, azakomeza kuyobora kugeza ubwo umukuru w’igihugu mushya uzaba amaze guturorerwa kuyobora icyo gihugu azaba amaze kurahira.

Umuvugizi wa Leta ya Tanzania yavuze ko Perezida Kikwete ndetse n’Abo bafatanije muri Goverinoma ye bazatanga ubutegetsi mugihe Perezida mushya azaba amaze kurahira, ibi byavuzwe nyuma yaho bivuzwe kumbuga nkoranya mbaga byavuzwe ko Ko Kikwete agomba kuva kubuyobozi kugira NGO azabeho imigendekere myiza mugihe cy’amatora kuko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bagaragaje impungenge ko Perezida uriho ashobora kubangamira ubwisanzure mumatora bitewe n’uko yakoresha ububasha afite.


Ibibazo byamubanye byinshi arimo kwibaza niba koko yongerewe iminsi yo kuyobora abaturage be!

Aha niho Umunyamabanga mukuru wa Leta bwana Ombeni Sefue, yahise avuga ko ibya vuzwe ari ibihuha kuko itegeko nshinga ryicyo gihufu mungingo yaryo ya 42, Mugika cya 3, havuga ko uretse izindi mpamvu zitandukanye Perezida n’abagize Inteko ishingamategeko bagomba gukomeza kuyobora kugeza Umukuru w’igihugu mushya uzaba yatowe amaze kurahira agasyhiraho Guverinoma ,aha umunya mabanga wa Leta ya Tanzania niho yahereye asaba Ibitangazamakuru bitandukanye bikorera muri Icyo Gihugu, gufasha Leta mugusobanurira abaturage uvuryo abayobozi bakuru uburyo basimburanwa Ku buyobozi bukuru.

Tubivutse ko basigaje amasaha 48 muri Tanzania ba kitorera umukuru w’igu uzasimbura Perezida Kikwete ucyuye igihe Twabi Butsa bamwe muba perezida bayoboye icyo gihugu Kuva cyabona ubwigenge mu mwaka wa 1962.

Yanditswe na Mkubwa Bagabo John/Muhabura.rw

  • admin
  • 23/10/2015
  • Hashize 8 years