Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe yageze i Kigali aje kwitabira inama ya AU[REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 19/03/2018
  • Hashize 6 years
Image

Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, uheruka gusimbura Robert Mugabe ku nshuro ye ya mbere kuva yatorwa yageze i Kigali aho yitabiriye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bya Afurika.

Ubwo yageraga ku Kibuga cy’Indege yakiriwe na Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Gen Patrick Nyamvumba n’Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP, Emmanuel K. Gasana.

Kuri ubu Emmerson Mnangagwa niwe Perezida wa Zimbabwe wa simbuye umukambwe Robert Mugabe nubwo kugeza ubu akivuga ko uyu yamusimbuye binyuze muri coup d’etat.








Chief Editor

  • admin
  • 19/03/2018
  • Hashize 6 years