Ni gute wamenya umusore uzi Gutera akabariro neza?
- 12/10/2016
- Hashize 8 years
Ikibazo cy’ uburyo bwo gutera akabariro muri iyi minsi gikomeje gutera intambwe mu gusenya ingo, bitewe cyane cyane n’abagabo batamenya gukora imibonano mpuzabitsina ngo bashimishe abagore babo, ndetse kikaneterwa na none n’abakobwa batazi guhitamo abasore bazi neza icyo gukora, nyamara hari ibimenyetso byakwereka umusore usimbukiwe.
Buri mukobwa anazezwa no kugira umusore ufite igihagararo, ariko ngo ntacyo igihagararo kimaze igihe adashimishije umukobwa mu gihe muribo kwiha akabyizi
Ibi nibyo bimenyetso buri mukobwa akwiye kureba mu guhitamo umusore w’inararibonye mu busazwa.uzamushimisha mu buzima bwe bwose!!
Ntahatirizwa gukora icyo adashaka
Umusore w’inararibonye mu gutera akabaririro uzamubwirwa n’uko adakunze guhatirizwa gukora ibintu bitamurimo, ndetse ntanakunze kwerekana cyane cyangwa ngo agaragaze ibimenyetso igihe muri kumwe ko ashaka ko mukora igikorwa, ahubwo arareka ibikorwa bikivugira igihe mu geze mugihe cyo kwiha akabyizi.
Arumvikana
Umusore uzumva ibyo umubwira ndetse akitondera ibyiyumviro byawe igihe muri kumwe,ndetse ntagaragaze ubushake cyane uzamenye ko azi kuryoshya ibibonanompuzabitsina. Aba ategereje kugushimisha igihe mwageze mu gikorwa nyirizina.
Agukunda anagerageza kuzana udushya mu rukundo
Uyu musore igihe cyose agukunda aba ashishikajwe no kugira byinshi azana mu rukundo bidasanzwe. Ndetse uyu mugabo uzamumenyera ku buriri kuko aba yishimye ndetse bikanamurenga.
Akunda kwita kubakobwa cyane
Umugabo cyangwa Umusore udakunze kwita kubakobwa cyane, no mugutera akabariro ntacyo yitaho, akora ibintu nk’umuhango kuko n’ubundi aba ntagaciro aha abakobwa muri rusange. ariko umusore ukunda guha agaciro abakobwa mu buzima busanzwe iyo ageze ku kabariro biba akarusho.
Umusore ukora imyitozongororamubiri
Umusore ukunda gukora imyitozongororamubiri, ni iyo yaba ari ukwiruka cyangwa ubundi bwoko bw’imyitozo ngororamubiri isanzwe, ngo amahirwe mesnhi ni uko aba azi nogutera akabariro agashimisha uwo bagateranye.
Yanditswe na Ndabo LeonceMuhabura.rw
.