Mu Mafoto: Ku buryo bweruye Christiano Ronaldo akundana n’Umukobwa Ufana Fc Barcelona

  • admin
  • 10/05/2016
  • Hashize 8 years

Benshi bibwiraga ko icyihishe inyuma y’igendo zidashira Christiano Ronaldo ahoramo muri Morocco yabari ari uko ahafite umuunzi, nyamara siko biri, ahubwo aba ashaka uburyo bukwiye bwo kuryoshya we n’umunyamexico-kazi umutwarira indege.

Inkuru ituruka ku kinyamakuru cyo muri Portuga Flash, ivugako uyu musore yaba ari murukundo n’umupilote we Alejandra Manriquez. Ngo uburyo mu baba bitwara mugihe cy’akaruhuko bigaragaza ko Ronaldo yaba abyumva kimwe n’uyu mukobwa wuje uburanga. Igitangaje ngo ni uko n’ubwo uyu mukobwa akunda Ronalodo, ngo yifanira Barca. Ikinyamakuru The Sun cyo kivuga ko kuba uyu mukobwa afana Barcelona ari nayo mpamvu Ronaldo atashatse gushyira hanze iby’uru rukundo.







Yanditswe na Rukundo Xaver/Muhabura.rw

  • admin
  • 10/05/2016
  • Hashize 8 years