Mu butumwa bwuje ikiniga n’agahinda Perezida Kagame yunamiye umubyeyi we watabarutse

  • admin
  • 23/11/2015
  • Hashize 8 years
Image

Umubyeyi wa Perezida Paul Kagame, Asteria Rutagambwa, yitabye Imana kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2015 mu bitaro byitiriwe Umwami Faycal azize uburwayi.

Abakurikira Nyakubahwa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame barimo abayobozi mu nzego za Leta zitandukanye, Abantu bazwi, ndetse n’abanyagihugu muri rusange bakaba bagiye bifatanya nawe mu butumwa bwo kumufata mu mugongo n’umuryango we, ndetse no kwifuriza iruhuko ridashira uyu mubyeyi.

Abinyujije ku rubuga rwa Twitter Paul Kagame akaba yashimiye abakomeje kumwohereza ubutumwa bwo kumufata mu mugongo.












Muhabura.rw twifatanyije n’Umuryango w’umukuru w’Igihugu mukababaro

Yanditswe na Akayezu Snappy/Muhabura.rw

  • admin
  • 23/11/2015
  • Hashize 8 years