Meddy yashyize hanze ndirimbo yitwa “Slowly” 10/08/2017 Hashize 7 years admin 10/08/2017 Hashize 7 years Umuhanzi nyarwanda ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Ngabo Medard uzwi nka Meddy,nyuma y’umwaka acecetse nta gihangano gishya,kuri ubu yamaze gushyira hanze indirimbo yise “Slowly” iri mu njyana ituje. admin 10/08/2017 Hashize 7 years