Meddy yashyize hanze ndirimbo yitwa “Slowly”

  • admin
  • 10/08/2017
  • Hashize 7 years

Umuhanzi nyarwanda ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Ngabo Medard uzwi nka Meddy,nyuma y’umwaka acecetse nta gihangano gishya,kuri ubu yamaze gushyira hanze indirimbo yise “Slowly” iri mu njyana ituje.

  • admin
  • 10/08/2017
  • Hashize 7 years