MASISI: Umugabo yijugunye mu kiyaga kubera ubusambanyi bw’umugore we

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 23/08/2022
  • Hashize 2 years
Image

Nyuma yo kwipimisha virusi itera sida, umugabo utuye i Kitshanga mu gace ka Masisi mu majyaruguru ya Kivu yijugunye mu kiyaga kubera ubusambanyi bw’umugore we.

Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza birimo Radio Communautaire La Voix de Virunga, ngo uyu mugabo, yarasanzwe akora umwuga w’umudozi mu ibaruwa uyu mugabo yasize yanditse igaragaza ko yiyahuye nyuma y’imyitwarire mibi y’umugore we. “Mbere gato yo kwiyahura, yari yabibwiye inshuti ze Ati ” Ndashaka kwiyahura kuko imyitwarire y’umugore wanjye ikomeje kutihanganirwa, aho kubaho ubuzima bubi ni byiza gupfa.

Amaze gufata icyemezo cyo kujya gusuzuma imiterere y’ubuzima bwe mu bitaro, ikibabaje ni uko yasanze yaramaze kwandura Virusi itera sida bikaba bigaragara ko ari byo byamuteye kwiyahura.Umugore yarahunze kandi ariko ari gushakishwa cyane n’inzego zishinzwe umutekano.

 

Nshimiyimana Emmanuel /Muhabura.rw/muhaburanewsline.com 

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 23/08/2022
  • Hashize 2 years