Ku busabe bwabo, Abari mu irushanwa rya Miss Rwanda 2016 bari mu mwiherero I Bugesera- “Amafoto”

  • admin
  • 13/02/2016
  • Hashize 8 years
Image

Aha ni nyuma y’uko bamwe mu bakobwa uko ari 24 bahatanira kuba Miss Rwanda bifuje ko bazasererwa kuri iki cyumweru taliki ya 14 Gashyantare 2016 bifuje ko bazajya mumajonjora babanje kujya aho baba bimenyereza kugira ngo batazasebera imbere y’Abanyarwanda.

Ibi twabibutsa ko byasabwe naba bakobwa bageze mu Bugesera ntakibazo kuko Polisi y’u Rwanda yabaherekeje kugera kuri hoteli ya Hotel Golden Tulip”.aha kandi nk’uko bari basanzwe ari abakobwa 25 siko bikimeze kuko umwe muri aba bakobwa aherutse kwivana mu irushanwa ndetse ubu bakaba basigaye ari abakobwa 24.

Ku itariki 14/2/2016 kuri Petit Stade i Remera nibwo hazamenyekana abakobwa 15 bagomba gukomeza irushanwa mu bakobwa 24 barimo guhatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016









Yanditswe na Francois Nelson/Muhabura.rw

  • admin
  • 13/02/2016
  • Hashize 8 years