JASON DERULO: umukobwa wanjye mushya afite injyana…kandi si urubyiniro gusa

  • admin
  • 22/10/2016
  • Hashize 8 years
Image

Jason Derulo yatandukanye na Daphne Joy asanga uwitwa Ragon Miller ngo niwe umushimisha haba ku rubyiniro ndetse no muburiri. Ibi byamenyekanye ubwo TMZ.com yamusangaga ku kibuga mpuzamahanga cya Los Angeles yishimisha ku mubyinnyi we “Ragon Miller,”

Mu minsi yashize nibwo Janson Derulo yagiranye amakimbirane n’umuraperi 50 Cent wahoze ari umukunzi wa Daphne Joy bamaranye igihe kingana n’imyaka itatu(3) kandi banafitanye umwana w’ umuhungu. Gusa 50 Cent wababajwe cyane n’itandukana ryabo yakomeje atangaza ibihe byiza bagiye bagirana ku mbuga nkoranyambaga nka twitter.


50 cent mu bihe byiza yagiranye na Daphne Joy(photo internet)

Ibanga ryaba rituma nta kosa Janson Derulo akora mu rukundo rwe ni ukworoshya ibintu maze akabiha injyana.

Yanditswe na Imaniriho Gabriel/Muhabura.rw

  • admin
  • 22/10/2016
  • Hashize 8 years