Imyumvire n’imyifatire myiza umwambaro w’Ingabo ibereye u Rwanda- Perezida Kagame
30/10/2020
Hashize 3 years
Ubwanditsi Muhabura
30/10/2020
Hashize 3 years
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yagiranye ikiganiro n’abitegura kuba ba ofisiye mu Ngabo z’u Rwanda bakurikira amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri i Gako mu Karere ka Bugesera.