Ibintu bitangaje ushobora kuba utazi, ISOMERE

  • admin
  • 03/04/2018
  • Hashize 6 years

Hari ibintu bitandukanye abantu bumva, batekereza, bibabazaho kenshi baba batazi ko bibaho kandi ari ngombwa kubimenya bimwe muri byo ni byo ikinyamakuru MUHABURA.RW cyabateguriye.

Nk’uko ikinyamakuru MUHABURA.RW kibikesha urubuga rwa interineti www.did-you-knows.com, hari ibyagiye bivumburwa cyangwa bigakorwaho ubushakashatsi n’abantu batandukanye, kugira ngo bagire icyo bongera ku bumenyi bwa bamwe.

Izuba: Rifite ubunini bukubye inshuro 330.330 ubw’umubumbe w’isi

Ubuhinde: Bufite inguge zisaga miliyoni 50

Venus: Ni wo mubumbe wonyine ugendana n’isaha

Umubumbe w’isi: Upima toni 6,588,000,000,000,000,000

Ubuyapani: Ni cyo gihugu cya mbere ku isi gikora ubucuruzi bwo kohereza hanze yacyo amaguruy’imitubu (iribwa)

Rugby: Ikipe ya mbere y’uyu mukino yashinzwe mu wa 1843

Ubwonko: Bwo ku gice cy’ibumoso ni bwo butuma umuntu amenya undi

Uburozi: Bwo mu gifu bwitwa ‘hydrochloric’ burakomeye ku buryo bwayongesha urwara rw’umuntu

Ibyaha ndengakamere: Bikorwa ku isi, ½ bikorwa n’abafite imyaka iri munsi ya 18

Tiger Woods: Umukinnyi wa ‘Golf’ izina rye nyakuri rya mbere ryari Eldrick

Imikaya: 72 ni yo ikora mu gihe umuntu avuga.

Niyomugabo Albert

  • admin
  • 03/04/2018
  • Hashize 6 years