Ibimenyetso bigaragaza ubuhangange bwa muntu mu mateka reba inzu 15 zitangaje ku’isi (amafoto)

  • admin
  • 25/01/2016
  • Hashize 8 years
Image

Kimwe mu bimenyetso bigaragaza ubuhangange n’ubuhanga bwa muntu mu mateka, ni inyubako. Uko iminsi yagiye isimburana, abatuye Isi basize umurage w’inyubako zitandukanye zinogeye ijisho.

Zimwe muri zo zagiye zimara imyaka isaga 100 zitaruzura, izindi zaciye agahigo mu minsi yashize ariko nyuma zisimburwa n’izindi

.

Izi ni zimwe mu nyubako zubatse gihanga ku bw’ikinyamakuru The Business Insider, muri zo hari iziri mu murage w’Isi wa UNESCO.



Amacumbi ya Marina City mu mujyi wa Chicago yubatswe mu 1964



Bazilika ya Sagrada Familia (Umuryango Mutagatifu) i Barcelonne muri Espagne, imaze imyaka isaga 100 yubakwa, kugeza ubu ntiyari yuzura, biteganyijwe ko izuzura neza mu 2026

Centre Pompidou i Paris mu Bufaransa



Icyuma cy’umuziki (Orgue) kiri muri katederali ya Chartes

Imbere mu musigiti w’ubururu

Imbere muri Sagrada Familia

Ingoro ya Neuschwanstein mu ntara ya Bavaria mu Budage

Ingoro ya zahabu ya Amrtsar mu Buhinde, ni icyicaro cy’idini ya Sikh

Ishuri ry’indimi rya Penleigh na Essendon muri Melbourne, Australia


Urusengero rw’abapoloso rwa Temppeliaukio mu mujyi wa Helsinki (Finland).

Urusengero rw’abapoloso rwa Temppeliaukio mu mujyi wa Helsinki (Finland).

Yanditswe na Sarongo Richard/Muhabura.rw

  • admin
  • 25/01/2016
  • Hashize 8 years