Eddy Kenzo yatangiye gushinjwa ko yaba yaratanze Alex Sitya Loss ho igitambo muri Illuminate ( Amajwi)

  • admin
  • 03/12/2015
  • Hashize 8 years
Image

Umwe mu bana bakunze kwitwa Gettho Kids babyinira umuhanzi Eddy Kenzo witwaga Alex Ssempijja witabye Imana ku itariki ya 1 Ukuboza 2015 azize impanuka mu mujyi wa Kampala.

Nyuma y’urupfu rwa Alex Ssempijji Sitya Loss abantu batanukanye bo mu gihugu cya Uganda bakomeje kugenda batangaza ibitanukanye ku rupfu rw’uyu mwana aho bamwe bemeza ko urupfu rw’uyu mwana ruri mu maboko ya Eddy Kenzo ndetse ko yaba yaramutanzeho igitambo muri Illuminate cyane ko bisanzwe bizwi ko kugirango umuhantu cyangwa undi muntu wese yinjire muri uyu muryano amaze kutanga igitambo cy’umuntu akunda ku rusha abandi.

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda witwa Mary Bata ni umwe mu bakoresheje urubuga rwe rwa Facebook agaragaza ko uyu Eddy Kenzo yaba yaratanze Alex Ssempijji ho igitambo muri Illuminate ho igitambo mu rwego rwo gushaka ubutunzi no kumenyekana.


Kanda muri Video wumve amajwi ya Mary Bata



Yanditswe na Akayezu Snappy/Muhabura.rw

  • admin
  • 03/12/2015
  • Hashize 8 years