Dr Paul Farmer washinze Umuryango Partners In Health yitabye Imana

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 21/02/2022
  • Hashize 2 years
Image

Dr Farmer w’imyaka 62 yagize uruhare mu bikorwa byinshi bigamije guteza imbere urwego rw’ubuzima cyane cyane mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’amajyambere, aho ari umwe mu bashinze Umuryango Partners In Health (PIH) wamenyekanye mu Rwanda nk’Inshuti mu Buzima

Mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ni umwe mu bagaragaje umusanzu ukomeye mu bikorwa bitandukanye birebana n’ubuzima.

Dr Farmer w’imyaka 62 yagize uruhare mu bikorwa byinshi bigamije guteza imbere urwego rw’ubuzima cyane cyane mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’amajyambere, aho ari umwe mu bashinze Umuryango Partners In Health (PIH) wamenyekanye mu Rwanda nk’Inshuti mu Buzima. 

Mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ni umwe mu bagaragaje umusanzu ukomeye mu bikorwa bitandukanye birebana n’ubuzima.

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 21/02/2022
  • Hashize 2 years