Centre Africa : Abasirikare b’Abafaransa baba hamwe n’Ingabo z’U Rwanda biba zahabu [Reba Amafoto]

  • admin
  • 31/01/2018
  • Hashize 6 years

Mugihe ingabo z’u Rwanda ziri muri Centre Africa zambikwa imidari yishimye kubera ibikorwa byo kurinda umutekano nkuko bigomba,Abasirikare b’Abafaransa bo siko bimeze ahubwo aho kurinda umutekano nk’inshingano zabo, birara mu birombe by’amabuye y’agaciro bya zahabu na Diyama bacukura ndetse basahura ayacukuwe n’abaturage.Ibi kandi babikora bambaye umwambaro wa gisirikare banitwaje ibitwaro bya kirimbuzi nta soni.

Abasirikare b’Abafaransa bagiye muri Central Africa mu gihe Umuryango Mpuzamahanga Uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu, Amnesty International, wari uhangayikishijwe n’uko Isi icecetse mu gihe hari ibihugu nka Centrafrique byarimo guhangana n’amateka ameze nk’ay’u Rwanda rwanyuze mo muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Mu gihe ubutegetsi bwa Perezida Francois Bozize wa Central Africa bwari bukomeje kugerwa amajanja n’inyeshyamba zo mu mutwe wa Seleka, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikaba zari zimaze gucyura abazihagarariye muri icyo gihugu, u Bufaransa bwohereje ingabo mu gikorwa cyizwe icy’ubutabazi. none ngo ba bishimbuje kwiba amabuye yagaciro bibera mu birombe bakora Akazi k’imparata cyangwa abatanika nk’uko Africa24 ibitangaza.

Minisiteri y’Ingabo y’Ubufaransa yari yatangaje ko kohereza ingabo zabo muri Centre Africa . Ari bumwe m’uburyo bwo kurwana ku Bafaransa bari muri icyo gihugu ndetse n’Abanyaburayi muri rusange.

Ubusanzwe kuva cyera I Bangui ku kibuga cy’indege hari hasanzwe habarizwa ingabo z’Abafaransa zishinzwe ku bungabunga umutekano ari ko, abaturage baho bakaba bazishinja ku basahura no kubafatira abana b’abakobwa ku ngufu nkuko imiryango imwe n’imwe ya byemeje..

REBA AMAFOTO ABASIRIKARE B’ABAFARANSA BARIMO KWIBA ZAHABU

REBA AMAFOTO ABASIRIKARE B’ABAFARANSA BARIMO KWIBA ZAHABU


REBA AMAFOTO ABASIRIKARE B’ABAFARANSA BARIMO KWIBA ZAHABU

REBA AMAFOTO ABASIRIKARE B’ABAFARANSA BARIMO KWIBA ZAHABU

REBA AMAFOTO ABASIRIKARE B’ABAFARANSA BARIMO KWIBA ZAHABU

REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’ U RWANDA ZA MBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI MU GIHE ABAFARANSA BO BARIMO GUSAHURA ZAHABU


REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZAMBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI


REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZAMBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI


REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZAMBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI


REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZA MBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI

{}

REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZAMBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI


REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZAMBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI


REBA AMAFOTO Y’UBUDASA BW’AGISIRIKARE KU NGABO Z’U RWANDA ZAMBIKWA IMIDARI Y’ISHIMWE N’ABAYOBOZI BA LONI

Yanditswe na Chief editor Muhabura.rw

  • admin
  • 31/01/2018
  • Hashize 6 years