Nyanza:Abagabo batatu baguwe gitumo barimo barateka Kanyanga nta kibazo bafite
Abagabo batatu aribo Gasana Jean de Dieu w’imyaka 28, Bizimana Samuel w’imyaka 22 na Bizinde Jolisi w’imyaka 19 bafatiwe mu mudugudu wa Nyacyoma akagari ka Nkomero umurenge wa Mukingo barimo guteka ikiyobyabwenge cya Kanyanga aho bari bamaze gukora litiro 23.
Aba bagabo bafashwe kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Ukuboza 2020 bafatirwa mu bikorwa!-->!-->!-->…
Soma Birambuye...