Captain w’Amavubi Haruna Niyonzima yagize icyo asaba abanyarwanda mbere y’umukino na Ghana

  • admin
  • 04/09/2015
  • Hashize 9 years

Kuri uyu wa 05 Nzeri I Kigali kuri stade amahoro ku isaha ya Saa 15h00 hateganijwe umukino uzahuza ikipe y’igihugu Amavubi izaba icakirana na Ghana (Black Stars) mu rwego rwo guhatanira ticket yo kuzakina igikombe cya Africa cy’ibihugu.



Amavubi yiteze gukina na Ghana

Mu gihe ikipe y’igihugu ya Ghana yasesekaraga I Kigali Amavubi yo yari yakaniye mu myiteguro, nk’uko Captain w’Amavubi Haruna Niyonzima yabwiye itangazamakur yavuzeko icyo asaba abanyarwanda ari ukuzaza gutera ingabo mu bitugu ikipe yabo ubwo izaba ihangana na Black Stars ikipe y’igihugu ya



Andre Ayew Dede utegerejwe gukora amateka hano mu rwanda

Ikipe y’igihugu cya Ghana iyobowe n’umutoza Avram Grant kuri ubu ikaba yiriwe mu myitozo kuri stade Amahoro i Remera. bikaba rero biteganijwe ko umukino uzatangira ku isaaha ya saa cyenda zuzuye (15h00) za hano ikigari

Yanditswe na Akayezu Snappy/Muahabura.rw

  • admin
  • 04/09/2015
  • Hashize 9 years