Byabaye ngombwa ko perezida Uhuru Kenyata yimukira umuhanzi mu byicaro

  • admin
  • 16/09/2016
  • Hashize 8 years
Image

Umunyakenya uririmba indirimbo zihimbaza Imana Bahati Kevin yakoze amateka akomeye ubwo yahagurutsaga perezida Uhuru Kenyatta mu gihe kingana n’iminota ibiri.

Ntibyari bisanzwe ko muri Kenya umuhanzi aririmba maze bigahagurutsa umukuru w’igihugu mu mwanya we ngo awuhe umuhanzi.

Uhuru Kenyatta yhgurutse mu mwanya we mu kirori cya Yubile cyaberaga Kasarani maze areka Bahati ngo yicare aho perezidayari yicye, ni mu gihe yaririmbiraga umugore we Lady Margaret Kenyatta “Mama”.

Gusa benshi mu banyakenya bo bafifashe ukundi, banenga Bahati ko yasuzuguye umukuru w’igihugu.

Yanditswe na Lucky van Rukundo/Muhabura.rw

  • admin
  • 16/09/2016
  • Hashize 8 years