Bugesera: Umwe mu muryango ukiba munzu irutwa na nyakatsi, inkuru mu mafoto

  • admin
  • 18/08/2015
  • Hashize 9 years
Image

Akarere ka Bugesera ni kamwe mu turere 30 tugize Urwanda gafite bimwe mu bikorwa by’iterambere bitandukanye harimo na gahunda yo gutuza abatuye Akarere munzu zijyanye n’icyerekezo 2020 Urwanda rwihaye rwo kugeza ku batuye igihugu ku iterambere rirambye, ubwo umunyamakuru wacu yatemberaga mu murengewa Ntarama ho mKagari ka Kanzenze Mudugudu wa Cyeru yahuye n’umwe mubaturage baho ugifite ikibazo cyo gutura munzu iri hanyuma yanyakatsi




Uyu mutarage uburyo atuyemo buteye agahinda




Aho baryama niho babika ibikoresho byose byo murugo




Inzu y’uyu muturage

Uyu mupfakazi utuye muri iyi nzu n’abana be bane aganira na Muhabura.rw yadutangarije ko nawe ubuzima abayemo bumuteye agahinda cyane cyane abana be bakiri bato kandi ko imvura ariyo yamusenyeye gusa akaba ntabubugizi yari yabona kandi ubuyobozi bw’akagari n’umurenge buzi ikibazo cye.

By Akayezu Snappy

  • admin
  • 18/08/2015
  • Hashize 9 years