Barasambanye kurekurana biranga bamara iminsi itatu bafatanye muri hotel [REBA AMAFOTO]

  • admin
  • 26/03/2018
  • Hashize 6 years

Iri shyano ryabereye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho umugore yasize umugabo we w’isezerano ndetse n’abana mu rugo asohokana n’ihabara ry’undi mu gabo bageze muri hotel barasambana bagize ngo barekurane biranga barinda kwitabaza nyiri hotel nabwo biba iby’ubusa bamara iminsi itatu batararekurana baguye miswi.

Nk’uko tubicyesha ikinyamakuru Africa ngo umugabo w’uyu mugore yahereye cyera amwiyama ngo areke uburaya n’umugabo basambanaga, umugore aramunanira yikomereza iyo ngeso mbi. Cyo kimwe n’uwo mugabo w’ihabara nawe umugore we yamusabye ko yareka ku muca inyuma akareka umugore w’abandi, aramutsembera yikomereza gahunda.

Amateka yabo y’ubusambanyi barayakomeje bakomeza kwikubanaho ntakibazo.Gusa nyuma yaho bagerageza kureka iyo ngeso mbi ntibyabashobokera ari nako gufata gahunda bagasohokera muri Hotel.Bamaze iminsi irenga ibiri bari mu cyumba cya hotel ntawushobora kurekura undi yewe habe no kwikoma.

Umuyobozi wa Hotel nibwo yaje kubimenya abibwiwe n’abashinzwe gukora isuku muri hotel, ahita ajyayo asanga bafatanye batikoma usibye kureba gusa.yahise abajyana ku bitaro rusange bya Mwangeji Kolwenzi. Byamaze iminsi itatu bakiri uko babasanze bameze,umugore ari hejuru y’umugabo umugabo nawe ari hasi.Abaganga bashatse icyo bakora ngo babatandukanye ariko babona ntaburyo babona bwo kubatandukanya.

Nk’uko umwe mu baturanyi w’aho abivuga,ngo kugira ngo barekurane ni uko umugabo w’uwo mugore yagombaga kuboneka akaba ariwe ukoresha imigenzo yabo akabatandukanya.Bagiye kumuhamagara k’ubw’amahirwe macye basanga umugabo yafashe abana be barigendera kuburyo ubu ntawuzi aho baherereye abandi bakibereye mu gitanda bafatanye bwuma.







Yanditswe na Habarurema Djamali

  • admin
  • 26/03/2018
  • Hashize 6 years