• Likes
  • Followers
  • Subscribers
  • Followers
  • Tuesday, July 5, 2022
  • Amamaza Hano
  • English
  • Francais
  • Ikinyarwanda

Muhabura Muhabura - Amakuru Nyayo

Inline Header
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubukungu
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Ubutabera
  • Siporo
  • Urukundo
  • Amateka
Muhabura
  • Home
  • Ubwanditsi Muhabura

Umwandisti

Ubwanditsi Muhabura Inkuru 1984 Ibitekerezo 2

Nyamukuru

Ntabwo byakunze kandi n’ibindi bihe ntabwo bizaborohera- Perezida Kagame

Ubwanditsi Muhabura Jul 5, 2022
Perezida  Kagame, yavuze ko mu gihe u Rwanda rwari rwakiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza  hari benshi bifuje guhungabanya umutekano ariko ntibyabashobokera. …
Nyamukuru

Rwanda: Batayo y’Ingabo za Ghana yatabaye ubuzima bw’abatagira ingano- Perezida Kagame

Ubwanditsi Muhabura Jul 4, 2022
Maj Gen Henry Kwami Anyidoho wari Umugaba wungirije wa MINUAR na (Rtd.) Maj Gen Joseph Adinkra bombi ni Abasirikare Bakuru bari mu kiruhuko cy’izabukuru bahoze mu Ngabo za Ghana zoherejwe mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura…
Nyamukuru

Perezida Kagame yavuze ko inyeshyamba za M23 zihanganye na Leta ya RDC ari Abanyekongo

Ubwanditsi Muhabura Jul 4, 2022
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yongeye gushimangira ko u Rwanda rutigeze rugira ikibazo cyo kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  yarahisemo gutabarwa n’Ingabo zihuriweho z’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba …
Nyamukuru

Rwanda: Dukoresha amikoro make ariko tukagera kuri byinshi-Perezida Kagame

Ubwanditsi Muhabura Jul 4, 2022
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yifurije Abanyarwanda bose Umunsi mwiza w’Ubwigenge u Rwanda rwizihiza ku nshuro ya 60 n’isabukuru y’imyaka 28 yo Kwibohora kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022. Perezida Kagame yavuze ko kuri iyi taliki ya 4…
Politike

Rwanda: Hari bamwe mu rubyiruko bagira inama bagenzi babo, kudashishikarira kwirukira mu…

Ubwanditsi Muhabura Jul 2, 2022
Hari bamwe mu rubyiruko bagira inama bagenzi babo, kudashishikarira kwirukira mu bihugu by’i Burayi na Amerika nta gifatika bagiye gukorayo. Ni mu gihe ubushakashatsi ku rubyiruko bwakorewe mu bihugu 15 bya Afurika, bwerekanye ko ½…
Amateka

U Rwanda rwifatanyije n’U Burundi kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge

Ubwanditsi Muhabura Jul 1, 2022
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Biruta Vincent, yitabiriye ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge yakirwa na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye. Dr. Biruta…
Amahanga

Uganda: Perezida Museveni yakiriye uwakunze kwibasira u Rwanda

Ubwanditsi Muhabura Jun 30, 2022
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga uharanira iyubahirizwa ry’Uburenganzira bwa Muntu uzwi nka Human Rights Watch, Kenneth Roth wakunze kwibasira u Rwanda urugaragaza nk’uruhonyora uburenganzira bwa muntu, yakiriwe na Perezida Yoweri…
Politike

Imbere y’akanama k’umuryango w’Abibumbye ku Isi: Congo yongeye gushinja ibinyoma u Rwanda

Ubwanditsi Muhabura Jun 30, 2022
Imbere y’akanama k’umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi, DRCongo yongeye gushinja u Rwanda kuba intandaro y’ibibazo by’umutekano mucye biri muri iki Gihugu, ivuga ko hari Abanye-Congo babarirwa muri Miliyoni 6 bapfuye kuva mu 1998…
Hanze

RDC: Intumwa yihariye y’Umuryango w’Abibumbye yatangaje ko umutwe wa M23 utarwana…

Ubwanditsi Muhabura Jun 30, 2022
Intumwa yihariye y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Bintou Keita, yatangaje ko umutwe wa M23 utarwana kinyeshyamba ahubwo witwara nk’ingabo zemewe mu bice wigaruriye mu Ntara ya Kivu y’Amajyagururu.…
Politike

Igihe Guverinoma y’u Rwanda yihaye ngo amashanyarazi agere kuri bose haracyabura…

Ubwanditsi Muhabura Jun 29, 2022
Mu gihe habura imyaka ibiri gusa ngo igihe Gucverinoma y’u Rwanda yihaye cyo kuba ingufu z’amashanyarazi zibe zagejejwe ku baturage ku kigero cya 100%, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu bwatangaje ko hakenewe miliyoni zisaga…
Amamaza
ABO TURIBO

Muhabura Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Kuri Murandasi Gitangaza Amakuru Ya Nyayo Kandi Yizewe Kubindi Bisobanuro Watuvugisha Aha Hakurikira

TUVUGISHE

• Email: info@muhabura.rw
• Email: muhabura10@gmail.com
• Phone1: +250788807681
• Phone2: +250788308617
• Phone1: +250788313678
• Phone1: +250788753524
• Adrress: KG 548 St, Remera | Kigali

SERIVISI DUTANGA

- Kwamamaza
- Video Production
- Photography
- Web Development
- Hosting
- Domain Registration

  • FacebookLikes Like our page
  • 1,340Followers Follow Us
  • InstagramFollowers Follow Us
  • YoutubeSubscribers Subscribe
  • Amategeko Agenga Ubwanditsi
  • Ubufasha
  • Amamaza
  • Twandikire
  • Serivisi
© 2022 - Muhabura. All Rights Reserved.
Website Design: Codity Devs
Sign in

Welcome, Login to your account.

Forget password?
Sign in

Recover your password.

A password will be e-mailed to you.