Amafoto :Christiano akomeje kugaragariza rubanda ko ashobora kuba ari umutinganyi

  • admin
  • 22/11/2016
  • Hashize 7 years

Christiano Ronald, rutahizamu ukomeye w’Ikipe ya Politigali, ndetse na Real Madrid muri Espain, kuri ubu yamaze kugaragaza ibimenyetso ko ari umutinganyi ndetse ko bimushimishije cyane.

Uyu musore w’imyaka 31, biravugawa ko yahisemo kwibera umutinganyi nyuma yo kugirana ibihe byiza numwe mu basore b’abasitari mu mukino wa Kick Boxer Badr Hari wo mu gihugu cya Espagne, mu gace ka Marroco uzwi kuban ari umutinganyi.

Christiano ati” Yego Rwose ndi umutinganyi! Ariko nge ndi Umutinganyi ufite amafaranga menshi”

Nkuko igitangazamakuru The Report cyabitangaje ngo buri cyumweru Ronald ajya gusura iyi nshuti ye ndetse bakagirana ibihe byiza ndetse banafata amafoto agaragaza umubano wabo gusa ngo bari batarabishyira ahagaragara.

Daniel Riolo, Umukozi wa Televiziyo yo mu gihugu cy’ubufaranza “Touch pas a mon sport” yemeza ko amaze kubabona igihe kirekire “ Ronald ajya kurebe inshuti nka Gatatu mu cyumweru ndetse bagakora ubutinganyi”

Ronald atangaje iki cyemezo nyuma y’uko mu mwaka wa 2010 ubwo igihugu cya Poltigal cyatora itegeko ryemerera abating uburenganzira, yari yaryishimiye . “ Ni amahitamo y’abantu kandi abantu bagomba gukora ibibashimisha”

Ronald Christiano ahisemo kwibera umutinganyi nyuma y’uko atandukanye n’umukunzi we, Irina, mu ntangariro z’uyu mwaka wa 2016 ndetse bakaba bafitanye abana.



Yanditswe na Ukurikiyimfura Leonce/MUHABURA.rw

  • admin
  • 22/11/2016
  • Hashize 7 years