Abasirikare 2 b’URwanda bari barashimuswe na DRC bagarutse mu Rwanda

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 11/06/2022
  • Hashize 2 years
Image

Kuri uyu wa Gatandatu, Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko abasirikare 2 b’Ingabo z’u Rwanda bari bashimuswe na DRC bagarutse mu Rwanda amahoro.

Buvuga ko ari nyuma y’aho abakuru b’ibihugu bya Angola, DRC n’u Rwanda baganiriye kuri iki kibazo.

Tariki 23 Gicurasi 2022, ingabo z’iki gihugu zateye ibisasu mu Rwanda, nyuma zifatanyije na FDLR zigaba igitero ku Ngabo z’u Rwanda ku mupaka, zishimuta abasirikare 2 bari bari ku burinzi

  • Ubwanditsi Muhabura
  • 11/06/2022
  • Hashize 2 years