Abantu 12 biciwe mu Musigiti abandi benshi bara komereka bikomeye

  • admin
  • 13/01/2016
  • Hashize 8 years

Nibura abantu bagera 12 biciwe m’ugitero cyabaye kw’itariki 13 mutarama

Murukerera ahagana saa 5:30 nibwo umwiyahuzi y’injiye mu Musigiti uherereye mu manjyepfo ya Cameroun hafi nu mupaka wa Nigeria.

AFP dukesha iy’inkuru iravuga ko ubwo abayisilamu bo mugace ka Kolofata kegereye umupaka wa Nigeria k’Umusigiti witwa Kouyape umwiyahuzi y’injiranye n’A bandi bayisilamu mu Igitondo, akinjira rwihishwa batangira gusenga agahita yiturikizaho igisasu.

Amakuru aravuga ko nibura abantu 12 cyangwa 13 binzirakarengane bahise bahangwa naho abandi benshi bahakomerecyera bikabije banjyamywe kwa Muganga ibi byatangajwe na Imam w’Umusigiti wa tewe.

kugeza ubu nta mutwe n’umwe urigamba ikigitero, gusa akagace kayogojwe nu mutwe witera bwoba witwa Boko Haram

{}

Yanditswe na Sarongo Richard/Muhabura,rw

  • admin
  • 13/01/2016
  • Hashize 8 years