Aba Senateri bagiye Gutora Umushinga w’ivugururwa ry’itegeko nshinga

  • admin
  • 17/11/2015
  • Hashize 8 years

Uyu wa kabiri tariki 17 Ugushyingo 2015 nibwo Inteko ishinga amategeko Umutwe wa Sena igiye gutora umushinga w’ivugururwa ry’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda.

Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena igizwe n’aba senateri 26 yasuzumye ingingo y’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ndetse imaze gusuzuma uyu mushinga, abagize Inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite batora uyu mushinga w’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga.

Umushinga w’Itegeko nshinga nk’uko ryavuguruwe uteganya ko umukuru w’Igihugu wese uzatorwa mu mwaka wa 2017 azahabwa imyaka irindwi ndetse akongera kuyobora manda ebyiri z’imyaka itanu buri imwe imwe

Biteganijwe ko uyu mushinga w’Itegeko Nshinga numara gutorwan n’abagize Sena, urashyikirizwa umukuru w’igihugu akawemeza nyuma hagatangira igikorwa cyo gutegura amatora ya Kamarampaka agirwamo uruhare na buri muturage.


Yanditswe na Ubwanditsi/Muhabura.rw

Even though you may have the ability to compose your research document, you might not have all of the skills and knowledge

On the other hand, you might just need the guidance of writers that are only capable https://dailyiowan.com/2021/05/11/5-best-legit-essay-writing-service-in-us-that-reddit-users-love/ of supplying you with marginal assistance.

necessary to efficiently complete such a intricate assignment.

  • admin
  • 17/11/2015
  • Hashize 8 years