Mubi ni agace ko mu ntara ya Adamawa, aho abarwanyi bafite amatwara y’idini ya Islamu Boko Haram bakorera.Bbc itangaza ko ibi bitero bigomeje kuba byinshi nyuma y’aho igisirikare gifatiye akarere kagenzurwa na boko haram.
Ibikorwa by’ubwiyahuzi bya Boko Haram bimaze imyaka umunani mu duce tunyuranye tw’igihugu cya Nigeria ,aho abatari bake bamaze kuhasiga ubuzima abandi bakahakomerekera.